Trump yashyize ahagaragara amashusho yibitero by’inyeshyamba zicwa muri Yemeni.

Trump yashyize ahagaragara amashusho yibitero by’inyeshyamba  zicwa  muri Yemeni.

Ku wa gatanu, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yasohoye videwo, ku rubuga rwe “oops”yerekana abarwanyi benshi b’inyeshyamba za Yemeni,bishwe mu gitero Amerika yagabye muri Yemeni,  nkuko ikinyamakuru 7 sur 7 kibivuga.

Ku wa kabiri, umuvugizi wa White House, Karoline Leavitt, nawe yishimiye ib’ibitero byibasiye abarenga 200”, mu makimbirane hagati y’Amerika n’inyeshyamba za Yemeni.

Washington kandi yatangaje ko mu ntangiriro z’icyumweru ko hoherejwe indege ya kabiri mu mu burasirazuba bwo hagati. Aba barwanyiba Yemen bibasiye ubwikorezi mu nyanja itukura kuva intambara ya Gaza yatangira mu Kwakira 2023, bikabuza kugera ku muyoboro wa Suez utanga 12% by’imodoka  binyuze mu nyanja ku isi hose, Bo Bavuga ko bgabye ibitero ku mato ya Isiraheli n’Abanyapalestine.

 

Vava Gasore Twizerimana

TWIZERIMANA Valens Email:vavagasore@gmail.com

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *